in

Higanjemo ibyamamare muri Afurika: Reba abakinnyi 11 APR FC igiye kujya ikubitisha andi makipe

Ikipe ya APR FC imaze iminsi igura abakinnyi bakomeye cyane hano ku mugabane w’Afurika muri gahunda yo kugira ngo yongera yisubize icyubahiro yahoranye kuruhando mpuzamahanga.

Hamenyekanye urutonde rw’abakinnyi 11 Nyamukandagira ishobora kujya ibanza mu kibuga hakaba higanjemo abakinnyi b’abanyamahanga bazwiho kuba ari ibikomerezwa mu makipe bagiye bacamo yose.

Urutonde rw’abakinnyi 11:

1. Pevel Nzira

2. Ombolenga Fitina

3. Niyomugabo Claude

4. Clément Niyigena

5. Denis Ngweni

6. Ismael Pitchou

7. Joseph Apam Assongue

8. Taddeo Lwanga

9. Victor Mbaoma Chukwuma

10. Eldin Shaiboub Ali

11. Gilbert Mugisha.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Babwiye abari aho hafi bazi koga ngo bajyemo bamurohorore baranga: Umusore wapfuye arohamye mu Kivu akabura uwumutabara mu bari aho hamenyekanye impamvu yabiteye 

Buri wese arahabwa ibaruwa ye! Urutonde rw’abakinnyi 11 bakubuwe n’umweyo muri APR Fc