in

Amakipe agiye kujya ahondagurwa umugenda: Hamaze kumenyekana inkuru nziza cyane ku bakunzi ba Manchester United

Amakipe yo mu gihugu cy’u Bwongereza agiye kujya ahondagurwa umugenda kubera ibyo ikipe ya Manchester United igiye gukora.

Ikipe ya Manchester United imaze iminsi iri ku isoko ubu hamaze kumenyekana amakuru meza cyane kandi aryoheye amatwi y’abakunzi b’iyi kipe nyuma y’uko umuherwe Sheikh Jassim Bin Hamad Al Thani yegukanye iyi kipe y’ubukombe mu gihugu cy’u Bwongereza.

Umuherwe ukomeye cyane ku Isi Sheikh Jassim Bin Hamad Al Thani niwe umaze kwegukana ikipe ya Manchester United ndetse akaba agiye kuyishoramo akayabo k’amafaranga agera kuri Biliyali imwe n’igice z’amadolari.

Aya mafaranga agenewe kugura abakinnyi gusa akaba ari bintu bikomeje gushimisha abakunzi b’iyi kipe bari bamaze igihe batabona ibyishimo bihagije ndetse barambiwe no gutsindwa na mucyeba wabo Manchester City iherutse kwegukana ibikombe bitatu byose.

Ifoto y’umuherwe Sheikh Jassim Bin Hamad Al Thani waguze iki ya Manchester United:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

U Rwanda rwarezwe muri FIFA ku buryo rushobora kwisanga ruciwe umurengera w’amafaranga

Ibintu bihinduye isura: Kylian Mbappe amaze gutangaza ikipe agomba kwerekezamo