in

Amajwi ateye agahinda y’umubyeyi weretswe amashusho y’urukozasoni y’umukobwa we waje i Kigali none akaba yaramugize iciro ry’imigani mu cyaro akomeje gukora ku mitima ya benshi

Ku mbuga nkoranyambaga hakomeje gukwirakwira amajwi y’umvikana mo umubyeyi ufite agahinda ku mukobwa we usigaye wifata amashusho y’urukozasoni akayashyira hanze.

Uyu mubyeyi yumvikana abwira umwana we Uwase uburyo afite agahinda, ndetse amusaba kuba yagaruka mu cyaro kuko Kigali yamuraruye.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hari ababyuka bahita biruka! Umugore w’umunyabwenge hari ikintu akwiye kuzajya akora mbere yo kubyuka mu buriri ngo asige umugabo wenyine (Videwo)

Umunyamakuru wa RBA yatunguwe ubwo yari ari gusoma amakuru kuri RTV ajya kubona abana be bamusanze muri situdiyo (AMAFOTO)