in

Amafranga Yu mukire yapfuye ubusa

Ubanza ibi bintu birimo guca amarenga ko ikipe ya PSG bizasaba imyaka nkiyo yesu azaziraho yegukane champion’s legue.amafranga atazigera ayobora umupira wa maguru mu isi.

Buriwese arikwibaza niba ubu butatu buyobowe na mbappe, Neymar, Messi bunaniwe gufasha ikipe kwerekeza kunzira igana kugikombe ni ryari iyi kipe ifite abasitari izahirwa na champion’s legue.


Ese koko amafranga mu mupira siyo shingiro ryo gutwara ibikombe. cyane ibi rero bishobora kuba intandaro yijyenda rya mbappe kuko abonako gahunda ya PSG ishobora kuba itari gukunda.ubanza umukire yarashatse kubaka urukuta rukomeye ariko bikaba bitari kumukundira

Written by Kubwayo JD

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

“Apucuri akosheeemana”-Ibyo umunyamakuru Yago yavuze bikomeje kuvugisha abatari bake

Mu Rwanda hagaragaye inyamanswa yari yarazimiye