in

Mu Rwanda hagaragaye inyamanswa yari yarazimiye

Mu Rwanda hari haciyeho imyaka igera kuri 40 hatagaragara ubwoko bw’agacurama kitwa Hills, kugeza ubu kakaba kabonywe muri Parike y’igihugu ya nyungwe.

Agacurama ni inyoni bivugwa ko ijya kugira imiterere nk’iyu umuntu ndetse gashobora gusinzira mu gihe cy’amezi atandatu.

Utu tunyamanswa dukunze kuguruka mu gihe cya nijoro kandi dukunze kuba dufite umuvuduko uhambaye. Bikaba byitezwe ko utu ducurama tuzakurura ba mukera rugendo baza mu Rwanda.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafranga Yu mukire yapfuye ubusa

REG BBC yongeye guha ibyishimo abanyarwanda(Amafoto)