in

Amafoto:Mu miterere yifuzwa na benshi yari afite yahisemo kwibagisha amabuno n’ibindi bice bye barabigabanya

Yakoze agashya ubwo yafataga umwanzuro wo gusubirana umubiri yari afite mbere batari bamwongera(practice surgery)

Ku wa gatatu, tariki ya 5 Ukwakira, umunya kenya Vera Sidika  wamenyekanye cyane ku mubiri we, yerekeje kuri Instagram yerekana ifoto y’umubiri we mushya, amabuno ye yari yarishyirishijeho nta yariho (practice surgery ).

Muri aya magambo, yavuze ko Imana yamuhaye amahirwe ya kabiri yo gutangira ubuzima bushya,kandi yabwiye abakobwa bakiri bato gukunda uko bari.

Nyuma yo kubagwa yagize ati: “Nshobora kuba ntafite umubiri mumenyereye kubona ariko ndi muzima kandi nta kibazo na kimwe mfite.

Yafashe uyu mwanzuro wo kwibagisha agasubira uko yarameze na mbere nyuma y’uko umugabo we abumusabye kandi ubu yatangaje ko yishimye.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Rutahizamu Erling Brout Haaland yahigitse bagenzi be mu kwinjiza agatubutse

Hamenyekanye impamvu Police FC imaze imikino 4 itarabasha gutsinda igitego na kimwe