in

Amafoto:Ikirangirire mu mupira wamaguru Diego Maradona y’ubakiwe ikibumbano kiri mu ishusho ye gifite akaguru ka zahabu

Napoli yashyize ahagaragara igishushanyo kikibumbano gifite ukuguru kw’ibumoso kwa zahabu mu rwego rwo guha icyubahiro Diego Maradona witabye Imana.

Kuwa gatandatu, iyi kipe yo mu Butaliyani yunamiye uyu mukinnyi wibihe byose, ni mugihe hari kuba harimo kwizihizwa isabukuru y’imyaka 62 uyu Maradona ukomoka mu gihugu cya Argentine, wapfuye azize umutima ndetse n’indwara yo mu bihaha mu Gushyingo 2020 yari kuba yujuje.

Nyuma y’urupfu rwe, Napoli yitiriye stade yayo Diego Maradona wayikiniye yambara nimero 10 mu mugongo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umutoza Haringingo yasabye ubuyobozi bwa Rayon Sports gusesa amasezerano y’umukinnyi wabahombeye

Ibya YouTube byanze, hamenyekanye icyo Yago agiye gukora nyuma y’uko YouTube byanze