in

NdababayeNdababaye NdabikunzeNdabikunze NDASETSENDASETSE

Amafoto yo mu bihe bitandukanye ya couple ya mbere iyoboye izindi mu gutwika hano mu Rwanda

Muri iyi munsi hari couple iri mu mitima ndetse no mu mitwe ya benshi. Iyo couple ntayindi ni iya Ariel Wayz na Juno Kizigenza. Aba batangiye bitana aba bestie nyamara uko iminsi yagiye yicuma byakomeje kugaragara ko hari ikindi kihishe inyuma y’umubano wabo ndetse n’ikibatsi cy’urukundo cyagenfaga kirabirana hagati yabo.

Byaje kuba akarusho mu minsi ishize ubwo Juno Kizigenza yakoreshaga Ariel Wayz mu mashusho y’indirimbo ye nshya yise Birenze. Uretse no kuba iyi ndirimbo Birenze yo ubwayo irimo amagambo akomeye y’urukundo ndetse n’imitoma itoroshye, mu  mashusho y’iyi ndirimbo hagaragaramo urukundo rwinshi by’umwihariko aho arangirira aho Juno asomana na Wayz.

Twabakoreye icyegeranyo cy’amafoto yose yagiye ahuriramo Juno Kizigenza na Ariel Wayz kugirango mwihere amaso namwe. Ayo mafoto ni aya akurikira:

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kakubayeho wa mukobwa we nubona ibi bimenyetso umaze kuryamana n’umusore/umugabo azaba yaguteye inda

Umukinnyi wa Filime Bahavu Janet n’umugabo we batangiye gushyira inkuru y’urukundo rwabo hanze