in

Amafoto: Umupfumu warogeye APR FC yaje kurogera AS Kigali

Ibirimo bihwihwiswa n’abafana ni uko umusore wazanye agacuma karimo inzoga kanditseho APR FC ariwe waje kurogera AS Kigali nubwo abafana magingo aya batari baba benshi.

Kugeza ubu nandika iyi nkuru saa 02;30, abafana baracyari bake gusa ariko na bake nabashije kuba ninjiye barimo bafana mu gihe abakinnyi ku mpande zombi barimo bishyushya mu gihe bategereje ko umukino nyirizana utangira.

My mukino ubanza wabereye mu gihugu cya Djibouti, As Kigali yari yanganyije na A.S.S Telecom ubusa ku busa AS Kigali ikaba isabwa gustinda kugira ngo ikomeze mu mikino ya CAF confederation cup.

Dore ifoto y’agacuma bivugwa ko ari akumupfumu wa APR FC.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umuzamu wakiniye amakipe akomeye mu Rwanda nyuma yo kubura ikipe yahisemo gusinyira iyo mu Cyiciro cya Kabiri

Akenda kagufi ka Miss Uwase Muyango kakije umuriro kuri Instagram (amafoto)