in

Amafoto; Umugore yafotowe atabizi ari gushyira ikariso ye mu biryo yari atekeye umugabo

Nyuma y’amashusho yashyizwe hanze ndetse akaba kimomo y’Umugore wafashwe ari gushyira ikariso ye mu nkono y’ibiryo yari atetse, abantu benshi bo muri afurika ndetse no hanze yayo, bafashe umwanya munini cyane bayibazaho na cyane ko byateje urujijo rukomeye cyane.

Muri aya mashusho uyu mugore yagaragaye akuramo ikariso ye , hanyuma akayishyira mu nkono yari atetse  y’ibiryo.

Nyuma uko amashusho yagendaga atambuka niko , uyu mugore yagaragaraga ari kwarura aya mafunguro bisa n’aho ari kuyarurira undi muntu wagombaga kuyarya, ibintu byarakaje abatari bake bavugako yataye umuco na cyane.

Abantu benshi bakomeje bibaza ibibazo bitandukanye kuri iki kibazo bavuga niba byaba ari umuco cyangwa niba byaba ari uburozicyane ko yafashwe na camera bisa naho atari azi kuko atari ayitayeho.

Bamwe mubagize icyo bavuga kuri aya mashusho bagize bati:”Ni uburozi’.Uyu ni uwitwa Lehlogonolo, mu gihe uwitwa Thandi, yavuze ati:”Africa twizerera mu marozi n’ibintu by’ubumara , nibyo dushinjwa”.Benshi bamwise umurozi , umupfumu ndetse bavuga ko yarogaga amafunguro nk’uko uwitwa Delani yabivuze ati:”This is not funy,

I repeat , this is not funny”.Ugenekereje mu Kinyarwanda ni nko kuvuga ngo , “Ibi ntabwo bishamaje , ndasubiramo  , ibi ntabwo bitangaje rwose”.Nk’uko News Hub Creator (Daniel Marven), babitangaza , ibi ntabwo aribyo byo.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore wa Lionel Messi nawe ntiyaripfanye, dore amagambo adasanzwe  yabwiye umugabo we 

Mani Martin yakuyemo umwambaro we nyuma yo kubisabwa n’umukobwa w’ikizungerezi witabiriye Miss Rwanda ubwo bari mu kiganiro(Amafoto)