in

Amafoto: Riderman utaruherutse gutaramira abanyaburayi ubu iki nicyo gihe

Kuri uyu wa gatandatu tariki 11 Gashyantare 2023, nibwo Riderman yari ageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Bruxelles, aho yahagurukiye yerekeza i Lille mu Bufaransa.

Uyu muhanzi yerekeje i Lille mu gihe kuri uyu wa gatandatu ahafite igitaramo cyo gususurutsa abakunzi be basanzwe babarizwa muri uyu mujyi.

Ibitaramo byamaze kwemezwa ko Riderman azakorera i Burayi, birimo iki akorera i Lille n’icyo azahuriramo na Christopher mu Bubiligi tariki 18 Gashyantare 2023.

Ubwo ibi bitaramo bizaba birangiye nibwo Riderman azagaruka mu Rwanda.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Menya umwanya mwiza wakwicaramo wakurinda no mu gihe cy’amage igihe cyose ugiye gutega indege

Mu mukino w’imvura y’ibitego Real Madrid yatsikamiye ikipe iyitwariraho igikombe cy’Isi_ AMAFOTO

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO