in

hagiye gusohoka iPhone 14 izaba imeze nka koperative y’andi materefone

No mu Rwanda, abasirimu bamaze kuba benshi bamwe baba bifuza gutunga ubwoko bwa iPhone buba bugezweho baba barajwe inshinga no kumenya igihe indi version izasohokera.

Abakora mu kigo cya Apple yatangaje ko ku itariki 07 nzeri 2022 izashyira hanze iPhone 14 izaza isimbura iPhone 13 yari imaze iminsi iyoboye. iyi iPhone14 ikaba izazana udushya twinshi nubwo uruganda rutari rwabitangaza nyirizina.

Impinduka zirenze zizagaragarira kuri camera kuko izaba ifite megapixel 48 na megapixel 12. Hitezwe kandi impinduka ku burambe bwa batiri za telefoni nshya ku buryo igihe zimaramo umuriro cyakwiyongera uyitunze akajya yibagirwa gucomeka.

Ku masaha ya Series 8, ho byitezwe ko hazongerwamo uburyo bwo gupima umuriro w’umuntu ndetse n’ibindi bijyanye n’ubuzima bw’abagore.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umugore yakatiwe imyaka 34 kubera ibyo yakoze kuri twitter

Amafoto; Eddy Kenzo yaje gutaramira mu rwanda nimitwaro