in

Amafoto ateye ubwuzu: Rutahizamu ukomeye cyane wa Apr Fc n’Amavubi yerekanye umwana we

Rutahizamu ukomeye wa Apr Fc yongeye kwerekana umwana we aherutse kwibaruka we n’umugore we bari bamaze amezi icyenda babana.

Byiringiro Lague yerekanye imfura ye y’umukobwa yise Iliza Isla Nessa yabyaranye n’umugore we Uwase Kelia basezeranye mu mpera z’umwaka ushize.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Byiringiro Lague yasohoye amafoto ateye ubwuzu y’umwana we w’imfura w’umukobwa aherutse kwibaruka.

Byiringiro Lague na Kelia Uwase bibarutse umwana wabo w’imfura mu kwezi gushize nyuma y’amezi icyenda babana.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamakuru w’imwe muri televiziyo zikunzwe mu Rwanda yakoze ubukwe(AMAFOTO)

Urutonde rw’abakinnyi 25 APR FC irahagurukana mu Rwanda yerekeza muri Tunisia