in

Amafoto : Amavubi yerekeje muri Libya mu mukino wo gushaka itike y’igikombe cy’Afurika

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda, Amavubi, ya haguruka ku kibuga cy’indege cya Kanombe kuri uyu munsi, yerekeza muri Libya aho igomba guhatana n’Ikipe y’Igihugu ya Libya mu mukino w’ijonjora ry’imikino yo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cya 2025

Uyu mukino uteganyijwe kuba ku itariki ya 4 Nzeri 2024, uzaba ari ingenzi cyane ku Mavubi, aho azaba arwanira kugera ku ntego yo kwegukana itike yo kwitabira iyi mikino y’igikombe cya Afurika. Ikipe y’Igihugu ya Libya, izakira uyu mukino iwayo, ni imwe mu makipe yigaragaje cyane mu rugamba rwo gushaka itike, bityo umutoza w’Amavubi hamwe n’abakinnyi be bafite inshingano yo guhatana bashyizeho umutima wose.

Amafoto

Written by Kubwayo Mc croix

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250 722 452 338

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Pyramids FC yanditse amateka mu Misiri

Umuraperi Fatman Scoop yitabye Imana nyuma yo kugwa ku rubyiniro