in

Amafi arenga toni 109 yo mu kiyaga cya Muhazi yapfuye

Amafi arenga toni 109 yo mu kiyaga cya Muhazi yapfuye

Amafi arenga toni 109 yo mu kiyaga cya Muhazi yapfuye. Amakuru dukesha Radio Rwanda atubwira ko Minisiteri y’Ubuhinzi n’ubworozi mu Rwanda
yemeje ko iki kibazo cyatewe n’ukwibirindura kw’amazi, ayo munsi yivanga n’ayo hejuru, bikazamura ‘algal bloom’ bigatera kuganuka kw’umwuka wo mu mazi (Disolved Oxygene) amafi akenera cyane cyane mu ijoro.

Amafi arenga toni 109 yo mu kiyaga cya Muhazi yapfuye

Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi mu Rwanda yibukije Abaturage baturiye ikiyaga cya Muhazi n’Abanyarwanda bose muri rusanjye, ko kizira/bibujijwe kurya amafi yipfushije.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Meddy yanikiye abandi bahanzi nyarwanda kubera ibyo yakoze

Amagambo umugore adakwiye kubwira umugabo we kuko yabasenyera.