in

Amafaranga ahembwa abishatse yahembamo ikipe yose agasangura: Hamenyekanye umubare w’amafaranga Bindjeme utajya ukandagira mu kibuga ahembwa ndetse nayo yaguzwe gusa ingano yayo niyo iteye ubwoba 

Amafaranga ahembwa abishatse yahembamo ikipe yose agasangura: Hamenyekanye umubare w’amafaranga Bindjeme utajya ukandagira mu kibuga ahembwa ndetse nayo yaguzwe gusa ingano yayo niyo iteye ubwoba.

Myugariro w’ikipe y’igihugu ya Cameroun Salomon Banga Bindjeme ukinira ikipe ya APR FC burya ngo uyu musore yaguzwe miliyoni 70 z’amafaranga y’u Rwanda akaba ahembwa miliyoni 5 z’amanyarwanda nk’uko umunyamakuru ukomeye cyane hano mu Rwanda Rugaju Reagan yabitangaje.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yababwije ukuri: Umutoza ushinjwa kwanga Rayon Sports kubera ibintu akunda kuyikorera yagize icyo atangariza abamushinja ibyo bintu 

Abamushinja kuba mubi muzavuga muruhe: Bwa mbere Sintex yagaragaye ari kumwe n’igitomati cye bafatanye urunana muruhame -AMAFOTO