in

Albina mu magambo arimo uburakari bwinshi yihanangirije abakomeje kumwivangira mu buzima

Albina mu magambo arimo uburakari bwinshi yagize abo yihanangiriza bitewe n’abakomeza kumwibasira ku myemerere ye.

Uyu mukobwa benshi bakomeje kwibasira bamurenganyiriza kuba akundana nabo bahuje igitsina ku butumwa yanyujije ku rubuga rwe rwa instagram yabihanangirije bikomeye.

Mu bibazo byinshi yanditse ati:”ese mpumeka umwuka wampaye?,ese warambyaye?,ese niwowe unyambika?,ese ndya iwawe?.” kuri aya magambo yahise arenzaho ngo niba ntanakimwe muri ibi mvuze unkorera menya ibyawe.

Kandi mu magambo yavuze yahamije ko igitsina gabo kitamukurura mu buryo bw’urukundo gusa ibyo abantu bavuga ngo abakunda bahuje igitsina baba ari abatinganyi siko we abyita we yavuze ko narwo ari urukundo nk’izindi rero yasabye buri umwe kwirinda kwinjira mu buzima bwe.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Breaking News :Umutoza Adil Erradi Muhammed yahagaritswe igitaraganya

Gicumbi: Mukarubayiza yapfuye urupfu rw’amayobera