in

Akora ibintu bye yicecekeye: King James yatunguye abakunzi be abaha ibyo bari banyotewe https://wp.me/p7ovfz-WK9

Akora ibintu bye yicecekeye: King James yatunguye abakunzi be abaha ibyo bari banyotewe

King James utajya usaba guteguza indirimbo yongeye aratungurana aha abakunzi be indirimbo nyuma y’amezi ane asohoye iyitwa sinshaka ko uryama ubabaye.

Kuri ubu indirimbo yakoze ni iyitwa Mfata irimo amagambo aryoshye y’urukundo nk’uko bimenyerewe mu mihangire ye, Iyi ndirimbo kandi iri kuri Album ye ya 8.

Muri iyi ndirimbo mu mashusho yayo ntirimo abantu benshi cyane, dore ko ari ababyinnyi babiri na King James ndetse n’undi mukobwa uba uri kumwe na we agatoki ku kandi bameze nk’abakunzi.

Amashusho y’iyi ndirimbo yakozwe na Meddy Saleh, Amajwi atunganywa na Producer: Knoxbet ukunze gukorana na King James bya hafi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Iyo bavuze inzozi mbi nizi baba bavuga: Umugabo yirashe mu kuguru nyuma yo kurota nabi

Hafi ku rwanira ku mbuga nkoranyambaga: Imodoka idasanzwe ya Kigali Boss Babies yatumye abantu baterana amagambo mu buryo budasanzwe (Amashusho)