in

Akomeje gukora amateka: Mukansanga Salima wagaragaje ko ashoboye agiye gusifura ikindi gikombe cy’isi 

Ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru FIFA ryashyize ahagaragara abasifuzi bazasifura Igikombe cy’isi cy’abari n’abategarugori kizatangira muri Nyakanga 2023.

Muri aba basifuzi hagaragaraho umunyarwandakazi w’imyaka 34 ariwe Mukansanga Salima ukubutse no mu gikombe cy’isi cy’abagabo cyabereye muri Qatar, akaba ari umwe mu basifuzi batatu bo ku mugabane wa Afurika bazasifura hagati mu kibuga.

Igikombe cy’isi cy’abari n’abategarugori kizabera muri Australia na New Zealand kikaba kizatangira tariki 20 Nyakanga kikarangira tariki 20 Kanama mu 2023, aho kizabera mu mujyi ikenda itatukanye.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Gareth Bale yasezeye gukina ruhago burundu

Umugore yakubise umukobwa we nk’uhuragura ibishyimbo hafi kumwica atabarwa n’iyo mu ijuru