in

Akeneye ubufasha: Marina Deborah yatangaje abahanzi 3 b’abanyamahanga yakoranye nabo indirimbo maze arangije asaba abakunzi be kumukorera ikintu kimuzengereje

Akeneye ubufasha: Marina Deborah yatangaje abahanzi 3 b’abanyamahanga yakoranye nabo indirimbo maze arangije asaba abakunzi be kumukorera ikintu kimuzengereje.

Umuhanzikazi Marina Deborah uri kwisonga muri muzika nyarwanda yifashishije imbuga nkoranyambaga ze yahishuriye abakunzi be ko yakoranye indirimbo n’abahanzi batatu bo muri Uganda barimo Ykee Benda, B2 Centug na Daddy Andre maze abasaba kumuhitiramo iyo akwiriye kubanza gushyira hanze.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uyu ko yifitiye icyizere Ra! Rutahizamu mushya wa Rayon Sports yatunguranye nyuma yo gutangaza ingano y’imyaka ashaka kumara muri iyi kipe kandi itaranamusinyisha

Yasezeye inkongomani: Umuhanzikazi ukunzwe cyane n’abanyarwanda ari kubyinira k’urukoma nyuma yo kubona uruhushya rwo gutwara ibinyabiziga -AMAFOTO