in

Akanyamuneza ni kose ku muryango w’Umunyamakuru ukunzwe n’abatari bake mu Rwanda

Akanyamuneza ni kose ku muryango w’Umunyamakuru, Byansi Samuel Baker nyuma yo kwibaruka imfura ye.

Byansi n’umugore we, Jocelyne bibarutse imfura yabo kuri wa kabiri w’icuymweru turi gusoza.

Uyu muryango wibaratse umwana w’umukobwa nyuma y’amezi 10 babana.

Byansi ni umunyamakuru ukomeye kandi ukunze aho yamenyekanye mu gukora inkuru zicukumbuye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bitangiye kumugaruka: Umusifuzi wasifuye umukino ubanza wa Benin n’u Rwanda yashyize ukuri kwe hanze ku bijyanye n’ikarita yahaye Kevin nyuma y’ibyemezo CAF yamufatiye

Abakobwa 2 b’impanga bavuze ko kuba bafite ibibuno binini bibagiraho ingaruka – VIDIO