in

Akabuno ntikarihamwe! Abakinnyi ba APR FC bafite ubwoba bw’umurengera ko bashobora kwirukanwa batayoye ku mafaranga y’ikipe nk’uko bimenyerewe

Abakinnyi ba APR FC bafite ubwoba bw’umurengera ko bashobora kwirukanwa batayoye ku mafaranga y’ikipe nk’uko bimenyerewe.

Nubwo ikipe ya APR FC ihakana ko hari abakinnyi izirukana, bamwe mu bakinnyi bayo bafite ubwoba bwo gusezererwa.

Impamvu y’ubwoba ni ukubera kuza kw’abanyamahanga muri iyi kipe ishaka kuzitwara neza ku rwego mpuzamahanga.

Kubera kutamenya icyo ubuyobozi bwa APR FC butejereza, abakinnyi bayo bari mu gihirahiro bibaza niba bazakomezanya nayo.

Kuri ubu nta mukinnyi APR FC yari yasezerera gusa amahirwe menshi ni uko hari abazayisohokamo.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ku ikubitiro benshi mu bakunzi ba Murera banenze imikorere ye! Umunyamakuru uherutse guhabwa akazi mu ikipe ya Rayon Sports yatangiye gukora mu buryo butari gushimisha abakunzi b’iyi kipe

Ni umupagani wahejeje! Rutahizamu Byiringiro Lague n’umugore we bamennye ibanga rituma urugo rukomera