in

Akabariro kari imyitozo: Abakinnyi batatu batajya mu kibuga badakoze imibonano mpuzabitsina

Hari abafata gukora imibonano mpuzabitsina nk’igikorwa kinaniza abagikora, gusa hari n’abandi bagifata nk’icyibatera imbaraga mu kazi.

Uyu munsi twaguteguriye abakinnyi batatu bajyaga mu kibuga bateye akabariro nko gushakisha imbaraga.

Ronaldo

Ronaldo wahoze akinira Brésil yifashishaga imibonano mpuzabitsina kugira ngo yongere kumera neza, gusa ngo hari igihe yananirwaga. Akomeza avuga ko kwikinisha bitera umunaniro kurusha gutera akabariro.

George Best

George Best wakiniraga Manchester United yigeze gufatwa ari gukora imibonano mpuzabitsina n’umugore bahuriye ku ngazi za hoteli mbere y’umukino bari bafitanye na Leeds.

Ronaldinho

Ronaldinho yamamaye mu ikipe ya FC Barcelone, akaba yari azwiho kuryosha cyane. Yavuze ko mbere y’umukino yakoraga imibonano mpuzabitsina kugira ngo abone imbaraga mu kibuga.

 

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ibizakubwira ko ugiye gupfa ukwiye gutangira gusezera abasigaye

Abasore batari buzuza imyaka y’ubukure bafashwe bibye imodoka ya Mercedes Benz ifite agaciro ka Miliyoni 18