in

Abasore batari buzuza imyaka y’ubukure bafashwe bibye imodoka ya Mercedes Benz ifite agaciro ka Miliyoni 18

Abahungu babiri batawe muri yombi nyuma yo gukekwaho kwiba Mercedes-Benz ifite agaciro ka Miliyoni 18 z’ama-Naira akoreshwa muri Nigeria.

Aba basore bibye imodoka yari imanitse aho zicururizwa muri Abuja.

Umwe muri abo bahungu, yavutse muri 2005, bivugwa ko yongeye gukora icyaha.

Bivugwa ko yatawe muri yombi azira kugurisha amadorari y’amahimbano mu minsi yashize.

Uyu muhungu ngo akomoka mu muryango ukize ahongaho miri Abuja.

Kuri ubu abo basore bafungiye kuri Polisi mu igihe iperereza kuri icyo cyaha bacyekwaho rigikomeje.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akabariro kari imyitozo: Abakinnyi batatu batajya mu kibuga badakoze imibonano mpuzabitsina

Imbogamizi zikomeye ku Amavubi y’abatarengeje imyaka 23 zishobora gutuma ibura umusaruro uhagije