in ,

Akababaro: Intambara Neymar yarwanaga na Fc Barcelone birangiye ayitsinzwe(impamvu)

Nyuma yuko Neymar jr avuye mu ikipe ya Fc Barcelona ashwanye bikomeye n’ubuyobozi bwiyi kipe kugeza naho abafana ba Fc Barcelona bamwise umugambanyi ndetse kurubu bakaba bamaze kumufata nkumwanzi wabo ukomeye nubwo bwose yabakoreye ibintu bidasanzwe ubwo yarariyo, kurubu uyu musore intonganya yari yatangije ashaka amafaranga azarengaho kuyo yaguzwe akaba atakiyabonye.

L'UEFA penche en faveur du Barça

Nkuko tubikesha ikinyamakuru AS cyo muri Espagne, Neymar akiva muri Fc Barcelona yari akimara kongera amasezerano, bityo ubuyobozi bw’iyi kipe bwahise bumurega gusesa amasezerano bityo akaba yaragombaga gucibwa Milioni 8 z’amayero y’indishyi. Uyu musore nawe akimara kuregwa ibyo yahise ajya kuregera agahimbazamusyi kukwezi yari amaze muri Fc Barcelona kagera kuri Miliyoni 26 z’amayero atigeze ahabwa kuva ikipe ya PSG yatangira kumushaka, uyu musore ajya kurega Barcelona yahise ayisabira n’igihano cyo gukurwa muri UEFA CHAMPIONS LEAGUE. Ibi birego bya Neymar UEFA ikaba yabitesheje agaciro ndetse bakaba bababwiye ngo ibibazo byabo bazabyikemurire hagati yabo. Tukaba dutegereje kureba uko iyi nkundura izarangira.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’ibibazo yagiranye na Zari,Diamond Platinumz yashimishishe BIDASANZWE abafana be muri Uganda ariko bibaviramo no kubabara (AMAFOTO)

Imyambarire Asinah atamenyerewemo yatunguye benshi mu bafana be