in ,

Nyuma y’ibibazo yagiranye na Zari,Diamond Platinumz yashimishishe BIDASANZWE abafana be muri Uganda ariko bibaviramo no kubabara (AMAFOTO)

Nyuma y’ibibazo byagiye bivugwa hagati ya Diamond na Zari,ntago byabujije uyu muhanzi ukomoka muri Tanzaniya gushimisha bidasanzwe abakunzi be bo mu gihugu cya Uganda,mu gitaramo cya Kampala City Festival gitegurwa n’ubuyobozi bw’umujyi wa Kampala.

Mu mafoto nk’uko bigaragara,hari ubwitabire budasanzwe aho uyu musore yari ategerejwe cyane ndetse biza kurangira abafana babibabariyemo kubera yarangije kuririmba bakimushaka cyane ariko ntiyagaruka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umukinnyi yagize ibyago BIKOMEYE cyane atakaza kimwe mu myanya y’ibanga nyuma yo gukinirwa nabi (AMAFOTO)

Akababaro: Intambara Neymar yarwanaga na Fc Barcelone birangiye ayitsinzwe(impamvu)