in

Aisha mwakunze muri Nyaxo Comedy yahuye n’uruvagusenya

Umukinnyi wa Filime nyarwanda wamenyekanye nka Aisha yahuye n’uruvagusenya yibwa telefone ye.

Uyu mukinnyi wamenyekanye cyane muri filime z’urwenya nka Nyaxo n’izindi yatangaje ko yabuze telefone.

Abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram, Aisha yavuze ko yatakaje telefone ye bityo ko abantu bagiye kuba bamubuzeho gato.

Mu kugerageza kumuvugisha ngo tumenye byinshi ku ibura rya telefone ye, ntibyabashije kudukundira.

Aisha ni umukinnyi wa Filime nyarwanda akaba akunzwe n’abatari bake aho bamumenye muri Nyaxo Comedy.

Written by Charry

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Umutoza wa Rayon Sports ntiyumva ukuntu bakomeza kumushinja kugirana ikibazo na Camara kandi akomeza kumusaba ikintu gikomeye kikaba cyaramunaniye

Dore uko warwanya imiburu iza mu gihe wogoshe ubwanwa, umusatsi, insya cyangwa incakwaha

  • https://stream.zeno.fm/0fzvslccgngvv
  • YEGOB LIVE
  • YEGOB LIVE
  • https://stream.zeno.fm/h8a8g1chaxhvv
  • YEGOB RADIO
  • YEGOB RADIO