in

Ahora ashinze: Umumaro mutajya mumenya wo kwambara Isutiye ku bagore n’abakobwa

Abagore benshi n’abakobwa bamaze gukura bambara akenda k’imbere kazwi nk’isutiye kubw’impamvu zitandukanye.

Iyo sutiye igira imimaro nyinshi ku mabere y’abagore n’abakobwa ndetse b’uburyo bagaragaemo.

Izwiho gufata amabere y’abakobwa n’abagore akaguma ashinze, ntabe yagwa.

Iringaniza amabere ndetse igatuma adasumbana cyane.

Hari abandi bayambara kugira ngo bagaragare neza kuko ituma atajya mu kavuyo cyane cyane ku bagore babyaye.

Yifashishwa cyane nk’umwenda woroheje wo kujyana mu mazi mu gihe umugore cyangwa umukobwa agiye koga muri Pisine cyangwa ari ku musenyi.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Bahereye ku murongo! Urubyiruko rwari rufite ibisatsi n’ibinyogosho bidashamaje, rwogoshwe ku ngufu n’abayobozi (AMAFOTO)

Ikiragano cyabo cyararangiye! Wayne Rooney mu mboni ze yavuze umukinnyi uzasimbura Messi na Cristiano