in

Aho yaciye ntihaca urwango: Meddy Saleh wabyaranye na Shaddy Boo yamwibukije ko ari agacecuru ku isabukuru ye y’amavuko

Ku munsi w’ejo hashize nibwo Umunyamideli Mbabazi Shadia wamamaye nka Shaddy Boo yagize isabukuru y’amavuko.

Meddy Saleh, babyaranye abana babiri yamwifurije isabukuru nziza y’amavuko.

Aho yagize ati:” Umunsi mwiza w’amavuko gakecu. ”

N’ubwo aba Bambi Meddy Saleh na Shaddyboo batandukanye gusa umubano wabo ukomeje kuba mwiza nk’uko bigaragarira abantu.Dore ko bakomeje kuba inshuti zidatanya kurera abana babyaranye.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni ubwa mbere mbivuze: Fatakumavuta avuze ukuri kose abantu batamenye ku bibazo bye hamwe na Alliah Cool

Umusobanuzi wa filime Rocky Kimomo yatangaje ahantu hakomeye mu gihugu yavumbye irayidi