in

“Aho umutindi yanitse ntiriva koko indege irongeye yanze kuzima” Abafana batitaye ku bikoko APR FC iri kugura bamaze kuyibambisha hanze y’u Rwanda nyuma y’inkuru itakiriwe neza yavuye muri CAF

“Aho umutindi yanitse ntiriva” Abafana batitaye ku bikoko APR FC iri kugura bamaze kuyibambisha hanze y’u Rwanda nyuma y’inkuru itakiriwe neza yavuye muri CAF.

Ku munsi w’ejo hashize nibwo hatangajwe ko ikipe nta kipe izajya iva mu mikino ya CAF Champions League ijye mur Confederation.

Nk’uko byari bisanzwe, ikipe yavagamo mu kiciro cya kabiri muri Champions League yahitaga ijya muri Confederation gusa ubu byavuyeho.

Nyuma y’iyo nkuru, umunyamakuru Kayishema yagiye kuri Twitter ye maze abaza abafana ukuntu bakiriye iyo nkuru.

Uko byatangiye

Ibyo abafana bavuze

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Milton Kalisa yamaze kumvikana n’ikipe ikomeye hano mu Rwanda nyuma yo kuvugwa muri APR FC ariko ubuyobozi ntibumuvugishe

Uyu ari so wamukorera iki? Nge nazajya menya ko namuhinduriye ibara ry’umusatsi buri kwezi kuko kumirwa byaba byaravuye ho, Abantu bacitse ururondogoro nyuma y’umusaza rukukuri ukina Filime ukomeje guca impaka, afite n’iherena mu zuru