in

“AHO MFUNGIYE NEGERANYE N’ICYUMBA KAZUNGU ARARAMO NDARA NDOTA ANDYA” Uburyo Aimable KARASIRA yireguye mu rukiko biratangaje

“AHO MMFUNGIYE NEGERANYE N’ICYUMBA KAZUNGU ARARAMO NDARA NDOTA ANDYA” Uburyo Aimable Karasira yireguye mu rukiko biratangaje.

Urugereko rwihariye rw’urukiko rukuru rw’u Rwanda rwatangiye kumva mu mizi urubanza ruregwamo Aimable Karasira wahoze ari umwarimu muri Kaminuza y’u Rwanda.

Umushinjacyaha yamureze ibyaha bitandatu birimo guhakana jenoside no gukurura amacakubiri mu Banyarwanda.

Ubwo urubanza rwari rurimo rujya mbere, Karasira yahawe umwanya wo kwiregura, KARASIRA mu rukiko yagize ati “AHO MFUNGIYE NEGERANYE N’ICYUMBA KAZUNGU ARARAMO NDARA NDOTA ANDYA”.

Amakuru dukesha BBC avuga ko Karasira ashobora kuba afite ihungabana mu mutwe ndetse ko adafite ubushobozi bwo kuburana ataravuzwa.

 

 

 

Written by Uwihirwe

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.:+250725077325

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

“Uzirirwa usarira umuhungu wibereye muri Business ze” Umuhanzikazi Dorimbogo yakurije Juwayeze wihebeye Juno Kizigenza ndetse aboneraho no guha ukuri abakobwa bakandu (basarira) abahungu b’abasitari – VIDEWO 

Umusore ukurikwiranweho kwiba telephone ya The Ben urukiko rwamusabiye yarekurwa akava i Magererage