in

“Aha ni mu Rwanda si mugire ngo ni Amerika” umuhungu yatamitse Keke umukunzi we akoresheje umunwa arangije amusoma ubudahumeka hagoboka umuntu arabatandukanya- VIDEWO

“Aha ni mu Rwanda si mugire ngo ni Amerika” umuhungu yatamitse Keke umukunzi we akoresheje umunwa arangije amusoma ubudahumeka hagoboka umuntu arabatandukanya- VIDEWO

Ibigezweho yaba ibyiza cg ibibi byakiranwa yombi ngo ni bwo busirimu.

Gusa hari bimwe bituma abantu bavuga ko ari ukwica umuco.

Urugero rwiza ni urw’umusore n’inkumi bari bari kwizihiza isabukuru y’umukobwa gusa mu buryo butunguranye basomanye ubudayandukana ubwo umusore yatamikaga uyu mukobwa bakundana keke akoresheje umunwa, ibyanenzwe na benshi bakavuga ko ibi bidateye ishema kuba umuco uri gucika.

Reba video hasi..

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Salumu kanakuze
Salumu kanakuze
1 year ago

Ahubwo bafite urukundo rudasanzwe
Gusa niba nta buryarya burimo nibyiza

Rubanda bashira isoni: Umusore yihandagaje atanga za ko asigaye yibera mu jipo y’abagore maze abantu nabo bamukorera agashya (video)

Umusore n’inkumi basomaniye muruhame mu buryo budasanzwe maze abaraho barambiwe bifashisha imbaraga z’umubiri (video)