in

Agiye gusazira mu mafaranga! Rutahizamu ushinjwa gusaza ariko usazanye ibitego mu maguru ye, yamaze kubona ikipe nshya yo mu Barabu nyuma yo gutera umugongo ikipe zo mu Rwanda

Agiye gusazira mu mafaranga! Rutahizamu ushinjwa gusaza ariko usazanye ibitego mu maguru ye, yamaze kubona ikipe nshya yo mu Barabu nyuma yo gutera umugongo ikipe zo mu Rwanda.

Rutahizamu Shaban Hussein Tshabalala ukomoka mu Burundi, yamaze kubona ikipe nshya hanze y’u Rwanda.

Uyu mukinnyi yamaze kumvikana n’ikipe yo muri Libyan yitwa Al Ta’awon FC.

Biteganyijwe ko mu byumweru bibiri biri imbere Shaban Hussein Tshabalala azajya gukora ikizamini cy’ubuzima.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imitoma yavuzaga ubuhuha: Bishop Gafaranga yatomagije umugore we mwiza Annette Murava – AMAFOTO

‘Abajya muri Gym amaso yabo abonera yo byinshi koko’ Umunyamakuru Bianca yafotowe amafoto ari muri Gym gusa kuko yari yambaye agasengeri kerekana mu gituza he hafi ya hose byatumye abamurebaga batamukura ho ijisho[AMAFOTO]