in

Agiye guhita yinjira mu banyarwanda batunze miliyoni 100 Frw! Djabel Manishimwe wari kapiteni wa APR Fc, akayabo k’amamiliyoni karamutegereje 

Kapiteni w’ikipe ya APR Fc, Djabel Manishimwe yamaze kumvikana n’ikipe yo muri Leta Zunze Ubumwe z’Abarabu yemeye kumugura amamiliyoni menshi cyane.

Ku munsi wo ku Cyumweru tariki 13 Nyakanga 2023, nibwo uyu mukinnyi azafata indege ajya gukora isuzuma muri iyi kipe yo mu Barabu, bumvikanye ko natsinda iryo gerageza, azahita agurwa miliyoni 136 z’amanyarwanda.

Aya mafaranga, Djabel yose azayashyira ku mufuka we kubera ko nawe ari mu bakinnyi bamaze gusezererwa mu ikipe ya APR Fc.

Kuri uyu wa Kabiri taliki 11 Nyakanga 2023 nibwo APR Fc yirukanye abakinnyi barimo na Djabel:

 

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO: Lionel Messi yasohokanye umuryango we bwa nyuma mbere yo kwerekeza i Miami

Ni ikihe kintu mwirirwana, bwakwira mukaburana, bwacya ukakibona gake? – IGISUBIZO