in

Agezweho: Zuchu yageze mu Rwanda yambaye imyenda igaragagaza bimwe mu bice by’umubiri abanyarwandakazi batinya gushyira kukarubanda -AMASHUSHO

Agezweho: Zuchu yageze mu Rwanda yambaye imyenda igaragagaza bimwe mu bice by’umubiri abanyarwandakazi batinya gushyira kukarubanda

Umuherwekazi Zuchu wo mu gihugu cya Tanzania yamaze gusesekara kubutaka bw’u Rwanda aho aje gutaramira abanyarwanda bazitabira igitaramo cya “Move Africa” kizaba tariki 06 Ugushyingo muri BK Arena azahuriramo n’icyamamare muri muzika y’Isi Kendrick Lamar.

Amashusho ya Zuchu ubwo yageraga mu Rwanda yambaye imyambaro igaragagaza ikibero cye cyose ibintu bidakunzwe gukorwa n’umunyarwandakazi wahawe uburera bwa kibyeyi:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Abanyamakuru b’urubuga rw’imikino kuri Radio Rwanda bagaragaye bari kuryoherwa n’ubuzima hejuru y’amazi mu kiyaga cya Kivu – VIDEWO

IPhone zitumye SIDA yiyongera! Scovia yavuze uburyo iPhone imwe ishobora gutuma abantu 20 bandura virus itera SIDA