in

Agezweho: Umuraperi wa kabiri ukomeye muri Amerika wiyise Rukundo yibarutse umwana wa karindwi

Umuraperi Puff Diddy usigaye wiyita “Rukundo” [Love] yatangaje ko yibarutse umwana w’umukobwa akaba uwa karindwi mu muryango w’uyu muherwe.

Abinyujije kuri Tuwita Rukundo yavuze ko yishimiye kwakira umwana wa karindwi w’umukobwa yise “Love Sean Combs” !

Ati” Nishimiye kwakira umwana wanjye w’umukobwa Love Sean Combs umuryango wose uragukunda cyane.Imana niyo nkuru”

Kugeza ubu Puff Diddy abarwa nk’umuraperi wa kabiri ukize kurusha abandi muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika nyuma ya Jay Z aho abarirwa umutungo uri hagati ya miliyoni 900$ na 1B.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Hamenyekanye impamvu itangaje yatumye Bigirimana Abeddy yanga gutera penaliti yahesheje intsinzi Kiyovu Sports

Umunyarwanda wari wateguye igitaramo cya Wiz Kid cyari kubera muri Ghana yahawe inkwenene kubera kugaragaza ubunyamwuga buke