in

Agezweho muri Siporo: Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi warutegerejwe yamaze kugera mu Rwanda

Agezweho muri Siporo: Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi warutegerejwe yamaze kugera mu Rwanda.

Umuzamu w’ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi Ntwari Fiacre ukinira ikipe ya TS GALAXY FC yo muri Afurika y’Epfo yamaze kugera mu Rwanda aho yahise asanga bagenzi be kugira ngo bakomeze kwitegura umukino u Rwanda rufitanye n’ikipe y’igihugu ya Zimbabwe.

Fiacre aje mu Rwanda ari mu bihe byiza cyane kubera ko amaze iminsi afasha ikipe ye ya TS GALAXY FC kubona intsinzi binyuze muri we.

Uyu musore ukiri muto kandi aje nyuma yo kwitwara neza cyane mu mukino we wa mbere wa shampiyona y’igihugu cya Afurika y’Epfo ikipe ye yatsinzemo Moroka Swallows 1-0.

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ese nawe yaba yishakira ifaranga? Umuhanzi ukunzwe cyane mu Rwanda ari mu rukundo n’umukobwa w’umudiyasipora -IFOTO

Amakipe 6 yamaze kubona itike ya ⅛ muri UEFA Champions League