in

Ageze aho gusabiriza: Umukinnyi wa filime, Samusure wagiye muri Mozambique ari gusabiriza abahisi n’abagenzi nyuma yo kugerayo ubuzima bukaba bubi cyane

Ageze aho gusabiriza: Umukinnyi wa filime, Samusure wagiye muri Mozambique ari gusabiriza abahisi n’abagenzi nyuma yo kugerayo ubuzima bukanga.

Mu kiganiro na Max TV, Samusure wamenyekanye muri sinema nyarwanda yavuze ko ubuzima bumeze nabi ko akeneye ubufasha.

Uyu mugabo uri kubarizwa muri Mozambique arasaba ubufasha kuko ibintu ntibimeze.

Avuga ko afatanyije n’inshuti ze yashyizeho urubuga abantu bazajya bamufashirizaho kugira ngo ubuzima bwe busubire ku murongo.

Avuga ko yifuza kugaruka mu Rwanda akongera gukora sinema.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

I Kigali, umwana w’imyaka 15 yatewe inda akiri Umunyeshuri ashaka kwiyahura

Umuganga w’amatungo yagiye gukingira imbwa ayizirika umunyururu, akiyijomba urushinge iba irawuciye abantu bose bari bari mu gipangu ibakoramo umusiri – videwo