in

AGASHYA: Umugabo yasambanyije umukobwa we w’imyaka 15 amutera inda ngo yumve uko ubusugi bwe bumeze.

Umugabo w’imyaka 48 y’amavuko Bwana Thaddius Audu yateye inda umukobwa we w’imyaka 15, Miss Justina Audu avuga ko yashimishijwe n’ubwiza bwe kandi ko yashakaga gupima ubusugi bwe ngo yumve uko bumeze.

Audu ukomoka muri Nigeria yatandukanye n’umugore we Talatu Ayi, bumvikana ko umugabo ari we usigarana umwana wabo Justine ariko bemeranya ko murumuna wa nyina aza gufasha umugabo kurera umwana, umwaka ushize nibwo murumuna wa nyina wagize uruhare mu kurera uyu mwana w’umukobwa yapfuye azize impanuka ikomeye muri Mutarama.

Kuva ubwo Audu yahisemo kwimukira mu nzu y’ibyumba bitatu yari yarashoboye kubaka mu mudugudu nyuma y’ibyabaye, kugira ngo umukobwa we abeho neza mu mutekano kandi nta bwoba afite. Nyuma y’igihe gito nibwo byaje kugaragara ko wa mwana w’umukobwa atwite inda ya Se ndetse bikaba byaramuteye igikomere ku buryo ashaka no kwiyahura.

Umugabo abajijwe icyatumye asambanya umwana we yibyariye yavuze ko yamurebye akabona ubwiza bwe bumukurura ndetse akagira amatsiko yo kumva uko ubusugi bwe bumeze.

Yagize ati:”Nabonaga asa neza kandi buri gihe numva ububabare ko umunsi umwe, undi muntu azamutwara agatangira kwishimira ibyo nababaye muriyi myaka yose yo kurera. Igihe nyina yansiga, nafashe ububabare bwo kumurera kuko ntashoboraga kurongora kandi nari jyenyine.”
“Byatangiye ari imikino. Sinzi icyambayeho; yagerageje kundwanya ariko naramurakariye cyane aranyemerera. Nyuma yaho, twakomeje guhagarara. Mu byukuri nashakaga kugerageza ngo ndebe uko yari afite ubusugi, kugirango menye niba yaratangiye gusohokana nabahungu gusa naje kumutera inda kandi nahisemo ko atagomba kuyikuramo.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umunyamideli uzwiho gushotora abagabo yahishuye ko ashimishwa no kwiyambika ubusa.

Davis D birangiye avuze ku majwi ye na Aisha yagiye hanze|ndamukunda bikunze twanabana|ndimo gupfa (VIDEO).