in

Agashya: Shaiboub yahawe amafaranga yanga kuyabika ahitamo kuyihera abasifuzi!

Agashya: Shaiboub yahawe amafaranga yanga kuyabika ahitamo kuyihera abasifuzi!.

Mu mukino ikipe ya APR FC yasezerewemo na Mlandege FC yo muri Zanzibar kuri penaliti 4-2 umunya Sudan Shaiboub Eldin ukinira ikipe y’Ingabo z’Igihugu niwe wahawe igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi muri uyu mukino (Man Of The Match).

Shaiboub wari kapiteni muri uyu mukino yahawe amafaranga ibihumbi 750,000 by’amafaranga yo muri Tanzania nk’igihembo cy’umukinnyi witwaye neza kurusha abandi gusa uyu mukinnyi ubwo yahabwaga aya mafaranga yahisemo kuyaha abasifuye umukino ngo dore ko aribo yabonaga bitwaye neza.

Source: Imfura Jean Luc

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

APR FC yaba yazize imisifurere? Nawe ihere ijisho, amashusho y’igitego Shiboub wa Nyamukandagiramukibuga yatsinze Mlandege FC muri Mapinduzi Cup maze umusifuzi aracyanga – VIDEWO

Kigali: Umugabo yaryamanye n’indaya ebyiri icyarimwe maze abura ayo kwishyura zimufatanya n’umunaniro ziramudiha abantu barahurura