in

Agahinda n’umujinya byatumye Ish Kevin ajya kuririmba mu gitaramo atatumiwe mo

Agahinda n’umujinya byatumye Ish Kevin ajya kuririmba mu gitaramo atatumiwe mo

Umuhanzi Ish Kevin yagiye gutaramira mu gitaramo cyateguwe na Skol nyuma yo kwangirwa kuririmba mu cya Amstel yari yatumiwe mo ari nacyo cyari cyaje mo Umuhanzi Johnny Drill wo muri Nigeria.

Ish Kevin ntabwo yari mu bahanzi bagombaga kuririmbira muri Mundi Center. Yahanyuze asa nk’uwitambukira akibona ko bakiri gutarama, yiyunga kuri bagenzi be nyuma y’uko icyo yari yatumiwemo cya Friends Of Amstel Fest atabashije kuririmba kubera ikibazo cy’amasaha, kuko aho yari kuririmba igitaramo cyarangiye saa tatu za ni joro,

Uyu muhanzi wageze ahari kubera igitaramo Saa Mbiri n’igice, yahagereye rimwe na Johnny Drille abwirwa ko bitari bukunde ko aririmbira abakunzi be aharira umwanya umuhanzi mukuru, Yavuye kuri BK Arena yerekeza muri Mundi Center aho yahise ataramira abakunzi be iminota mike.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Uwari nyakamwe, umuryango we warashibutse! Pastor Théogene yapfuye asize aheza mugore n’abana be (Amafoto)

Lorenzo uzwi ho kuba nta bwanwa  agira yibasiwe n’uwo bakorana agirwa igitaramo