in

Agahinda ni kenshi ku muhanzi Christopher Muneza

Umuhanzi Christopher Muneza uri mubahanzi bakunzwe cyane hano mu Rwanda ari mu gahinda kenshi nyuma yo gupfusha imbwa ye.

Christopher Muneza abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze yagaragaje ko atewe agahinda gakomeye no gupfusha imbwa ye yakundaga cyane kubera ko yamushimishaga kandi ko atazayigirwa azahora iteka ayibuka.

Iyi mbwa yari uyu muhanzi Christopher Muneza yitwaga “OTIS” ikaba yarapfuye ku munsi wo ku wa Gatatu tariki 13 Nyakanga 2023.

 

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Yari ahageze mu mafaranga: Shekib wigaruriye umutima w’umuherwekazi Zari Hassan yashimangiye ko abikwiriye (Amafoto)

Aba Rayon ibi byishimo bazabikwizahe ra!: Murera yerekanye umukinnyi w’igisubizo cy’ibibazo abakunzi bayo bibazaga (Amafoto)