in

Agahinda k’abagabo bahohoterwa n’abagore bishakiye(Video)

Bamwe mu bagabo bo mu Murenge wa Mugunga mu Karere ka Gakenke, bavuga ko batakigira ijambo mu ngo zabo kuko ugize ngo aravuga, umugore amukubita ndetse bagera no mu buriri bakanga kugira icyo babamarira kuko babatera umugongo.

Abagabo bo muri uyu Murenge wa Gakenke, bavuze ko abagore babo bitwaza ihame ry’uburinganire n’ubwuzuzanye, bakirirwa babwira abagabo babo ko nta jambo bagifite mu ngo zabo ahubwo ko ari bo barisigaranye.

Umwe muri aba bagabo yahamije ko umugabo nta cyo akivuze imbere y’umugore ,dore ko niyo bagerageje no guhunga abagore nabwo bifatwa nko guta urugo no kwirengagiza inshingano.Abandi nabo bakomeje bavuga ko umugore adatinya gukubita umugabo we no kumubuza kugirana ibyishimo by’abashakanye ari nabyo bikurura amakumbirane yo mu miryango.

 

Src :Tv10

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma ya Haaland Pep aratwara indi ntwaro karahabutaka.

Chelsea na Tuchel mu byago bikomeye byo guhomba umukinnyi uyifatiye runini.