in

Agahinda gashira akandi ari ibagara: Umugore yapfushije umwana we ubwo yiteguraga gushyingura umugabo we babyaranye uwo mwana

Umugore ukomoka mu gihugu cya Kenya yahuye n’ibyago  bikomatanyije aho yapfushije umwana we w’imyaka 11 ubwo yari ari mu myiteguro yo gushyingura umugabo we.

Uyu mubyeyi utuye ahitwa kakamega,  yahuye n’ibyago  nyuma yogupfusha umugabo we , umwana we w’umukobwa witwa Benta wari umunyeshuri yahise afatwa n’umutwe ako kanya mu gihe bagishaka uburyo bamutwara kwa muganga ahita yitaba Imana.

Uyu mubyeyi yasigaranye abana 9 bose nyuma y’uko umugabo we yitabye Imana.

 

Umwana yatatse umutwe ko uriho umurya ako kanya ahita yitaba Imana.

Biravugwa ko uwo nyakwigendera nawe yapfuye urupfu rwa mayobera kuko atigeze arwara.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ni akumiro: Mu buryo bugayitse umugore yiherereye amazirantocyi muri Arimantasiyo (Super Market) gusa bitunguranye yafashwe na Camera(Videwo)

Hahiye koko: Umuhanzikazi Bwiza yageze ku rubyiniro muri Uganda umuriro uraka – VIDEWO