in

Africa; Umukinnyi yaguye mu kibuga ahita apfa

Amashusho yagiye hanze agaragaza uyu musore agerageza kugenda asubira inyuma ubwo yari amaze gusa n’unanirwa guhagarara ahagana ku murongo ugabanyamo ikibuga kabiri.

Ni myugariro w’imyaka 21 witwaga Moustapha Sylla wakiniraga ikipe ya Racing Club d’Abidjan yitabye Imana azize umutima nyuma yo kugwa mu kibuga mu mukino wabahuzaga na SOL FC kuri iki Cyumweru.

Muri Nzeri 2022 nibwo Moustapha Sylla yasinyiye Racing Club d’Abidjan ubwo yari avuye mu ikipe ya Djoriba AC yo muri Mali.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Akari ku mutima wa Marcus Rashford nyuma y’uko baraye bandagajwe na Liverpool

Urutonde rw’abakinnyi ba Rayon Sports bazahamagarwa mu Amavubi azacakirana na Benin