in

“Afite umubyeyi w’umunyarwandakazi mwiza cyane” Mu mafoto atandukanye dore Umubyeyi w’umuhanzikazi Babo nawe ukiri inkumi mu zindi-AMAFOTO

“Afite umubyeyi w’umunyarwandakazi mwiza cyane” Mu mafoto atandukanye dore Umubyeyi w’umuhanzikazi Babo nawe ukiri inkumi-AMAFOTO

Umuhanzikazi Teta Barbara ukoresha izina rya ‘Babo’ mu muziki ni umwe mu bahanzikazi bazwi cyane mu Rwanda gusa akaba akunze kwibera mu budage kuko n’ababyeyi be batuye.

Gusa n’ubwo adakunze kuvuga ku babyeyi be cyane, uyu Babo afite Papa we w’umudage na Mama we w’umunyarwandakazi.

Gusa witegereje mama we na we ntago yari yasaza bigiye kure dore ko no mu mafoto ye ubona ko agifite mo ubukobwa.

Babo yamenyekanye mu ndirimbo yakoranye na Urban Boyz harimo Ich Liebe Dich na Turn up, ndetse yakoranye na The Ben iyitwa Go low n’izindi.

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Imana imuhe iruhuko ridashira! Habaye impanuka ikomeye cyane y’umumotari wari utwaye inyama wagonze imodoka itwara abagenzi mu buryo bwa rusange agahita ahasiga ubuzima

Kicukiro: Hapfiriye umuntu utari wamenyekanye mu rugo rw’umupfumu uvura mu buryo bwa magendu