in ,

“Afite Nyina na Se bajye bamwitaho” Umuhanzi Sunny yagiriye inama idasanzwe abasore baha abakobwa amafaranga ndetse n’ikintu gikomeye bagomba kuyikoresha (video)

Umuhanzikazi Sunny Rwanda wigeze gukorana indirimbo na kizigenza Bruce Melodie yagiriye inama idasanzwe abasore baha abakobwa amafaranga kandi batarabarongora.

Mu mashusho yashyizwe ku rubuga rwa Instagram na mwenyewe Sunny Rwanda ari kumwe na Tijara Kabendera hamwe n’undi musore i Dubai, ubwo bari kurya Sunny yabwiye umusore bari kumwe ko ikintu cya mbere ari ukwiyitaho kandi ko adakwiriye guha umukobwa bakundana amafaranga ngo cyereka igihe yabaye umugore we.

Amashusho:

Written by Aphrodis Nizeyimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250787782000

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Kiyovu Sports nyuma yo kwirukana umuhisi n’umugenzi yaciwe umurengera w’amafaranga nyuma yo gukora amakosa akomeye

Ntabwo bitwaye nabi! Abakinnyi 12 APR FC ishobora kuba yamaze kumenyesha ko bagomba kwirukanwa nyuma y’intwaro zikomeye igiye kugura