in

Adil Mohamed Erradi uri mu bihano arashinjwa gupfubya abakinnyi b’Abanyamahanga bari bafite impano

Umutoza Mohammed Adil Erradi uri mu bihano arashinjwa gupfubya abakinnyi ba APR FC nyuma yo gutangira kubatoza.

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye, hari kugaruka amakuru avuga kuri Adil Mohamed Erradi aho bari kugaruka ku musaruro wa Adil Mohamed Erradi ku bakinnyi yatozaga.

Adil akigera muri APR FC yazanye igitsure aho hari abakinnyi batumvikanaga na we bahise basezererwa binyuze muri Raporo batangiwe n’uyu mutoza.

Abakoresha imbuga nkoranyambaga bavuga ko Adil nta kintu yigeze amarira umupira wo mu Rwanda uretse kuba yaratumye bamwe mu bakinnyi birukanwa, abaturukanywe bagasubira inyuma kandi abantu barabonaga ko bafite akazoza.

Ntiwavuga ibyo ngo wirengagize ko kuva Adil yagera mu Rwanda amaze gutwara ibikombe bitatu byikurikiranya muri shampiyona y’ikiciro cya mbere mu Rwanda.

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Augustin
Augustin
1 year ago

Arikowamuntuwe mwahaye Adil amahoro nonese komwaharaniye koyirukanwa mukabamubigezeho ikindimushaka nikihe Ange,Mangwende barasohotse kd umusarurowabo waragaragaye hanyumase nibarumutoza wa Apr wasubije abakinnyi inyuma andimakipe 15 bakoziki kwamaze Imyaka 3 murwanda mbereyaho abayitozaga bazamuyende nibura mukabamumugereranya na Adil my whatsapp number 0783428534 unyandikire tuganire kuriyingingo

Yumvaga nabi; Theo Bosebabireba yavuze ukuntu kumva nabi byatumye ajya kumurika muri Wese ashakamo ikintu (Videwo)

Abasore b’amavubi(U23) bemerewe ibyamirenge ni baramuka basezereye ikipe ya Mali