in

“ADEPR ntibyatungurana isanzwe izana ingwe mu murwa” Abantu bariye karungu nyuma yo kubona ibendera ry’abatinganyi mu rusengero rwa ADEPR Nyarugenge

“ADEPR ntibyatungurana isanzwe izana ingwe mu murwa” Abantu bariye karungu nyuma yo kubona ibendera ry’abatinganyi mu rusengero rwa ADEPR Nyarugenge

Ku mbuga nkoranyambaga zigiye zitandukanye hakomeje gusakara amashusho y’umugore wazamuye amabara y’abatinganyi mu rusengero rwa ADEPR Nyarugenge.

Ibi byabaye ubwo muri uru rusengero hari hari kubera amahugurwa yo kuramya no guhimbaza.

Ababonye ayo mashusho bavuze amagambo menshi atangaje.

Written by M.Ben

Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza twandikire. I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it.

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments

Ibi si ukwimika ubutinganyi mu buryo bweruye?, ADEPR ya Nyarugenge yimitse abatinganyi izuba riva ibemerera gukora ibidakorwa mu rusengero bahagaze ku ruhimbi [Video]

ADEPR Nyarugenge: Umuzungu wagaragaye azunguza ibendera ry’abatinganyi hafi y’uruhimbi mu rusengero rwa ADEPR Nyarugenge yasabye imbabazi – VIDEWO