in

Ibi si ukwimika ubutinganyi mu buryo bweruye?, ADEPR ya Nyarugenge yimitse abatinganyi izuba riva ibemerera gukora ibidakorwa mu rusengero bahagaze ku ruhimbi [Video]

Ibi si ukwimika ubutinganyi mu buryo bweruye?, ADEPR ya Nyarugenge yimitse abatinganyi izuba riva ibemerera gukora ibidakorwa mu rusengero bahagaze ku ruhimbi [Video]

Umuyobozi wa ADEPR yahaye ikaze abatinganyi bazunguza ibendera ryabo ku ruhimbi mu rusengero rwa Nyarugenge.

Haba hari kwibazwa niba koko ADEPR yaba ishyigikira ubutunganyi cg ari ukutamenya ubusobanuro bw’ibendera ryazunguzwaga.

Wowe se urabivuga ho iki ??

Reba video hasi. ..

 

Written by Moïse Habanabashaka

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250734523889 or +250789079952

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Ndamage
Ndamage
10 months ago

Bjr. Mutubwirire abanyamakuru, abasesenguzi, abacukumbuzi nabandi bose babimenya byimbitse. Badukorere inkuru ivuga ikihishe inyuma yikwirakwizwa ryubutinganyi cyane muri AFRICA. Byafasha benshi bazubwenge,

Umuturage watwikiwe urutoki rwe arasaba ubufasha nyuma y’uko ababikoze barekuwe

“ADEPR ntibyatungurana isanzwe izana ingwe mu murwa” Abantu bariye karungu nyuma yo kubona ibendera ry’abatinganyi mu rusengero rwa ADEPR Nyarugenge